|
Ntacyo Nzaba Lyrics - Artist : Meddy
Ntacyo nzaba, yeh
Oh ah oh ah oh ah oh ah Alleluia, ntacyo nzaba Amazi asuma ntantera ubwoba Umuriro utwika nawo ntacyo uzantwara Abanzi bantera basubireyo biruka, yoo Ndi kumwe na Yesu ntacyo nzaba Ndi kumwe nawe ntacyo nzaba Uru rukundo rutangaje, Yesu we Aya mahoro atemba nk’uruzi, Mwami Umunyabyaha nkanjye, ubu ngendana nawe, yooo Mbonye ikiganza cyawe undamira Nzamuye amaboko, nze ngushime Ndirimba Hozana, Gitareee Amazi asuma ntantera ubwoba Umuriro utwika nawo ntacyo uzantwara Abanzi bantera basubireyo biruka, yoo Ndi kumwe na Yesu ntacyo nzaba Buri munsi ntacyo nzaba Alleluia ntacyo nzaba Wampamagaye mu izina nditaba Nti Mwami Mwami ko ndakwiye kwitwa uwawe Mwami ntiwigeze umbaza ibyanjye byahise Wangize umwana mu rugo kwa Data Ubu njye ndi umunyembaraga Kandi njye nashize amanga N’iby’isi ntibinkanga, kuko turi kumwe Amazi asuma ntantera ubwoba Umuriro utwika nawo ntacyo uzantwara Abanzi bantera basubireyo biruka, yoo Ndi kumwe na Yesu ntacyo nzaba Buri munsi ntacyo nzaba Alleluia ntacyo nzaba Amazi asuma ntantera ubwoba Umuriro utwika nawo ntacyo uzantwara Abanzi bantera basubireyo biruka, yoo Ndi kumwe na Yesu ntacyo nzaba Nta bwoba mfite, ntacyo nzaba Amazi menshi, ntacyo nzaba Ndi kumwe nawe, ntacyo nzaba Mporana nawe, ntacyo nzaba Ngendana nawe, ntacyo nzaba Buri munsi, ntacyo nzaba Alleluia ntacyo nzaba Sangiza Abandi! |
Other Lyrics
|
Copyright © 2009-2024 |